Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Producer Element Eleeh yahishuye ibanga rikomeye yarabikiye Bruce Melodie nyuma yuko indirimbo ye “Kashe” ikunzwe nabatari bake. soma inkuru irambuye!

Producer Element Eleeh uri mubakunzwe kurusha abandi mu Rwanda kubera ubuhanga budasanzwe yagaragaje mugutanganya imiziki, ari mubari kuvugisha benshi kumbuga nkoranyambaga nyuma yuko atangaje ibintu bikomeye ndetse by’amabanga yari yarahishwe. benshi batunguwe ndetse bibaza no kumpano idasanzwe uyumusore afite ndetse batangira no kumwitegaho byinshi muhazaza h’umuziki nyarwanda. wakwibaza ngo ibanga yaba yashyize hanze ni irihe? komeza usome inkuru.

Muminsi ishize, uyumuhanzi yashyize hanze indirimbo ye yambere yise “Kashe” iyindirimbo ayisobanura nkaho atariyo yatangiriyeho. uyumusore utangaza ko kubwe yiyumva nk’umwanditsi w’indirimbo udasanzwe, yanwiye abamukunda ko kuba iriya ndirimbo ya Kashe yaratinze gusohoka ataruko atashakaga guhita ayisohora ahubwo atangaza ko kubwe yumvaga byagira akamaro gutinda kuyishyira hanze ngo kuko hari byinshi yarakiyitunganyaho kugirango izanyure abazayumva.

Iyindirimbo bitewe n’amagambo akomeye kandi y’urukundo ayikubiyemo, byatumye benshi mubiganjemo urubyiruko rwaba urwahano mu Rwanda ndetse no hanze bibonamo iyindirimbo kuko ikubiyemo amagambo aryoheye amatwi ariko byagera kubari murukundo iyindirimbo ikarushaho kubaka byinshi mumitima yabayumva. ibi kandi ninabyo byatumye abakunda uyumusore bibaza icyatumye atinda kwinjira mumuziki ngo maze abagezeho nkibyo yabagejejeho muri Cashe.

Asubiza ikibazo cyabajijwe n’abakunzi be, Producer element eleeh yatangaje ko ariwe wiyandikiye iriya ndirimbo ndetse ahita amena ibanga yarabikiye icyamamare Bruce melodie aho yaje gutangaza ko “Kashe” atariyo ndirimbo ye yambere yanditse ahubwo atangaza ko indirimbo zirimo Saamoya yakunzwe cyane ndetse nizindi nyinshi zaririmbwe na Bruce Melodie ari ibitekerezo bya Element. byabaye nkibitungura benshi ndetse banibaza impano idasanzwe iri muri uyumusore ndetse benshi batangira kuvuga ko nyuma ya Producer Rick Rick werekeje muri reta zunze ubumwe, umuziki nyarwanda wongeye kunguka umu producer uteye ubwoba ariwe Element Eleeh.

Related posts