Mu buzima busanzwe kuba ingaragu bishobora rimwe na rimwe kurambirana ugasanga umukobwa ni mwiza ariko ugasanga ni wenyine , ibyo bikamutera kwiheba cyane no kugira
Iminkanyari ni bimwe mu bimenyetso byerekana ko uri kugenda usaza buhoro buhoro, ariko hari ibiryo bimwe na bimwe bishobora gutera iminkanyari kugaragara cyangwa kuza ku
Nyina wa Miss Iradukunda Elsa yatakambiye Madame Jeannette Kagame ngo amufashe uyu mukobwa we ufunzwe afungurwe aho ahamya ko azira ubusa. Nkuko twabibatangarije Ku munsi
Benshi bari kwibaza iki kibazo, Kylian Mbappé yagaragaye i Madrid, ese yaba agiye gusinya mu ikipe y’inzozi ze?. Mbappé yagaragaye mu mugi wa Madrid ari
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 09 Gicurasi 2022, nibwo hasohotse itangazo rivuga ko irushanwa rya Miss Rwanda rihagaritswe mu gihe hari gukorwa iperereza ku