Leta y’Ubushinwa iyobowe na Nyakubahwa Xin yabwiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ko irimo gukina n’umuriro bikomeye kandi kumusozo wabyo bizarangira Amerika ariyo izashya. Ibi
Abantu batangaye babonye umusore ukiri muto wagaragaye yambaye ibimupfuka mu maso ku munsi wo gusoza amashuri ye ya Kaminuza. Ngo ni ibintu yakoreshejwe no gutinya
Mu bushakashatsi bwabereye mu Bitaro bikomeye byo mu bwongereza bwatangaje ko kuba wakira covid bidahagije ngo wizera ubuzima bwawe. Kuko usibye ibibazo wagize igihe wari
Mu itangazo ryasohowe na Minisiteri y’Ingabo mu Rwanda harimo ko u Rwanda rwasabye ibisobanuro Congo ku bisasu byatewe mu karere ka Musanze mu gitondo cyo
Hirya no hino ku isi buri gihugu kiba gifite ibyanya bitandukanye bikurura ba mukerarugendo aho usanga harimo n’ inyamaswa zitandukanye yewe nyinshi ari inkazi ,
Umuvugabutumwa akanaba umukozi w’Imana Pasiteri Bello wo mu itorero RCCG ryo mu mugi wa Lagos wo muri Nijeriya yatangaje abantu, kuri we ngo abona ubukene
Muri iki gihe hari icyorezo gikomeje guhangayinisha ibihugu cyane cyane ibiherereye ku mugabane w’uburayi, si covid ahubwo ni ikindi cya Monkeypox, ndetse ubungubu aho bikaze
Jane umaze imyaka myinshi atwite inda itavuka|abaganga bamubwiye amagambo akomeye bimutera ubwoba. Iyi ni inkuru ishingiye kuri Uyu mubyeyi w ’imyaka 40 witwa Jane,kuva mu