Mu rwego rwo kwizihiza isabukuru yimyaka 28 yo kwibohora, Johnston Busingye, Komiseri Mukuru w’u Rwanda mu Bwongereza yavuze ko u Rwanda rw’iki gihe rusobanurwa n’icyizere
Rwiyemezamirimo wumuherwe Elon Musk yafashe umwanya ku inama ya Allen na Co Sun Valley, igiterane ngarukamwaka cy’abayobozi b’itangazamakuru n’ikoranabuhanga muri Idaho, nyuma y’amasaha atarenze 24
Nyuma y’inama y’inyabutatu y’u Rwanda, RDC na Angola ubu urugamba rwakomereje mu itangazamakuru. Inkuru z’imyanzuro yafatiwe mu nama zikomeje kuvugwa mu buryo butandukanye kugeza n’aho
Rayon Sports FC yemeranyije na rutahizamu Chrismar Malta Soares ukomoka muri Nigeria kuyikinira mu gihe cy’imyaka ibiri, inongerera amasezerano Muhire Kevin usanzwe ari umukinnyi wayo
Perezida Paul Kagame ati: “Buri gihe ntangazwa nuko ku bijyanye n’amakimbirane abera muri DR Congo, abantu bihutira gushinja u Rwanda ariko bakicecekera nkana ku bibazo
Kuri uyu wa 07 Nyakanga 2022, umuririmbyi akaba n’umuhanzi ku giti cye witwa Tuyisenge Innocent nibwo yasohoye indirimbo ye “Kure y’umwijima”mu buryo bwa video nyuma