Nyuma yo gusinyisha amezi 6 umukinnyi wo mu gihugu cya uganda mu cyumweru gishize, Rayon Sports yongeye imbaraga mu busatirizi isinyisha rutahizamu ukomoka muri Cameroun
Zahunduye imirishyo muri FERWAFA Muhire Henry uheruka kugaruka mu kazi nyuma yo guhagarikwa , yagabanyirijwe inshingano kubera akazi kenshi afite muri ino minsi. Kuri ubu
Mu gihe imirwano ikomeje ihaganishije M23 na FARDC , abaturage ba Teritwari ya Rutshuru bakomeje guhungira muri Teritwari ya Nyiragongo bahana imbibi, Radio Okapi ivuga
Ibihembo by’umusobanuzi wahize abandi bizwi ku izina rya “Agasobanuye Awards” bigiye gutangwa na kampani yitwa “Varasa Entertainment Ltd.” ku nshuro ya mbere , mu rwego
Amasezerano y’amahoro yashyizweho umukono i Nairobi mu Kuboza 2013, hagati ya guverinoma ya DR Congo na M23 yari Imbabazi ku barwanyi ba M23 bose batakoze
Abafana ba Rayon Sports bashyizeho uburyo bwihariye bwo gufasha ikipe ya rayon sports mu kubaka ikipe iryana izatwara igikombe umwaka utaha. Uretse ibi kandi aba
Ni muri Teretwari ya Rutchuru mu gave ka Karengera abaturage bazindukiye mu myigaragambyo yo kwamagana ingabo za MONUSCO, bavuga ko ntacyo zibamariye. Abaturage bakomezaga bavuga
Ku wa mbere, abapolisi ba Uganda bataye muri yombi byibuze abigaragambyaga icumi bamagana izamuka ry’imibereho i Jinja, mu majyepfo y’iburasirazuba bwa Uganda. Imyigaragambyo izamutse nyuma