Umwe mu bagize inteko ishingamategeko ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Depite Leon Ntumba arasaba ko ingabo za SADC zaza muri Congo kuyifasha guhangana na
Amezi abaye hafi 2 abarwanyi ba M23 bigaruriye uduce dutandukanye two muburasirazuba bwa repuburika iharanira demokarasi ya Congo. utuduce turimo Bunagana na Rutshuru ndetse n’igice
Burya koko nkuko bikunzwe kuvugwa, buri kintu n’umumaro wacyo, no mu rukundo byavugwa ko rufite icyo rushingiyeho, kuko hari icyagutera gukunda umuntu runaka, ariko kenshi
Ku cyumweru, abashinzwe umutekano barashe gaze ziryana mu maso mu gihe abigaragambyaga bo muri Sudani bakoze urugendo mu murwa mukuru Khartoum ku cyumweru barwanya ubuyobozi
Itsinda ry’abadepite rivuga ko nta “bimenyetso bifatika” byerekana ko gahunda ya guverinoma yo kohereza abimukira mu Rwanda byabuza kwambuka umuyoboro w’icyongereza. Komite ishinzwe ibibazo by’umutwe
Leandre Willy Onana, rutahizamu wa Rayon Sport waranzwe n’imvune zisimburanwa muri iyikipe ndetse bikaza gutuma benshi mubafana ba Rayon Sport bamushinja umusaruro muke no kuyitererana,
Muntambara imaze iminsi ihuza abaerwanyi ba M23 ndetse n’ingabo za leta FARDC ariko ingabo za leta zikaza gutsindwa iyintambara,byababaje cyane abanye Congo ndetse babanje no
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , hagaragaye ifoto iri gucicikana ku mbuga nkoranyambaga y’ umupolisi wo Mujyi wa Kinshasa upfukamye amanitse amaboko imbere y’
Ku wa kane, Kongere y’Amerika yemeje byimazeyo umushinga w’icyemezo, yamagana ihirikwa ry’ubutegetsi bwa gisirikare ku ya 25 Ukwakira, kandi ivuga ko ishyigikiye abaturage ba Sudani.