Perezida wa sisiyete sivile muri Rutshuru Jean Claude Mbabaze, yatangarije Radio Okapi impamvu ingabo za DR Congo zakubiswe inshuro na M23 mu mugi wa Bunagana
Miss Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’ u Rwanda mu mwaka wa 2016 , arimo gushinjwa kwambura amafaranga kompanyi yo mu gihugu cya Tanzania ikora ibijyanye
Umuvugizu wa Leta muri Kivu y’Amajyaruguru Brigadier General Sylvain Ekenge, yatangaje ko igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo FARDC cyiteguye kwisubiza umugi wa Bunagana
Amakuru aturuka muri Kenya aravuga ko Umucamanza Mukuru Martha Koome, yasabye ko Perezida Uhuru Kenyatta yeguzwa kubera ko yanze gushyiraho abacamanza batandatu muri 40 bemejwe
Umupanafurikanisiti Dr Rusa ukunze kugaragara asesengura ingingo nyinshi cyane cyane akibanda ku bibazo bireba umugabane wa Afurika, yahishuye ibintu Abanyafurika barya bigatuma bitwa ko batagira
Uganda bayifatiye mbarigo, Kenya na Uganda batangije indi ntambara y’ubucuruzi nyuma yuko Nairobi yongeye gutanga umusoro ku magi yatumijwe mu gihugu cy’abaturanyi bayo. Uganda ivuga