Ikipe ya Rayon Sports FC imaze impera z’icyumweru iri mu kazi ko gusinyisha abakinnyi barimo n’ab’amazina akomeye nyuma y’uko iki cyumweru gisize Rukundo Abdul-Rahman “Paplay”,
Myugariro Fitina Omborenga waraye yasinyiye Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri nyuma yo gutandukana na Mukeba APR FC yari amazemo imyaka irindwi, yageneye ubutumwa iyi Kipe
Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Gitego Arthur ukinira AFC Leopards yo muri Kenya yatowe nk’umukinnyi watsinze ibitego byinshi mu Gikombe cy’Igihugu imbere muri Kenya,
Ikipe Rayon Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha, myugariro Omborenga Fitina uherutse gutandukana na APR FC. Myugariro Omborenga Fitina yasinye amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya
Ku bemera ibitabo bitandukanye by’umwihariko iby’iyobokamana, bigaragaza ko ari ngombwa ko umuntu wese ubishaka kandi ubishoboye agira umuryango.Ni ukuga niba ari umugore agashaka umugabo n’umugabo
Umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukukije (Democratic Green Party) yari ku Kabaya mu karere ka Ngororero, yijeje abaturage ko icyifuzo cy’ umuturage kizaba itegeko