Uwayezu François Régis wabaye umunyamabanga wa FERWAFA wari Chairman wungirije mu Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC muri iyi minsi, yagizwe umuyobozi (CEO) wa Simba SC
Umutoza wa mbere wungirije muri Rayon Sports, Umunya-Tunisie, Quanane Sellami avuga ko asanzwe azi ikipe ya Rayon Sports n’igihugu cy’u Rwanda muri rusange; ahantu avuga
Perezida wa Mukura Victory Sports et Loisirs, Nyirigira Yves avuga ko azashora APR FC mu rubanza niramuka ikinishije myugariro w’ibimoso, Ishimwe Jean René wasinyiye Mukura
Umutoza mashya wa Rayon Sports, Umunya-Brésil, Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo, “Robertinho” yageze mu Rwanda nyuma y’imyaka itanu, avuga ko urukundo afitiye Rayon Sports ari
Rutahizamu Bizimana Yannick uherutse gutandukana n’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC yashyize umukono ku masezerano y’umwaka umwe mu ikipe ya Bugesera FC azamugeza mu Mpeshyi ya
Ikipe ya Rayon Sports yabonye intsinzi yayo ya mbere imbere y’Amagaju FC y’ibitego 3-1 mu mukino wa gishuti wabereye kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye kuri
Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’u Burundi, Aruna Moussa Madjaliwa uri mu mwaka wa kabiri mu ikipe ya Rayon Sports yasabye Rayon Sports ko yamwishyura imishahara y’amezi