Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
amakuru mashya

Nyamasheke:Umuhanda wafunzwe n’inkangu yatewe n’imvura.

Polisi y’u Rwanda ibinyujije ku rubuga rwa X rwahoze ari Twitter yatsngaje ko ku mugoroba wo Gatatu ahitwa Kitabi, umuhanda Nyungwe_Nyamasheke utakiri Nyabagendwa.

Ati:”Turabamenyesha ko kubera imvura nyinshi yateye inkangu ahitwa Kitabi, umuhanda Nyungwe_Nyamasheke ubu nturi nyabagendwa.”

Iri tangazo rya Polisi ryakomeje rigira riti:”Muragirwa inama yo gukoresha umuhanda Kigali_Muhanga_Karongi_Nyamasheke.”

Kugeza ubu Abapolisi bagiye bari muri uwo muhanda kugira ngo bayobore abakoresha uwo muhanda bavuze nk’uko itangazo ryakomeje ribivuga.

Related posts