Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Amakuru

Ntibisanzwe!Umugabo wavugaga ko arambiwe Isi. Bamusanze yakoze ikintu giteye ubwoba. ( dore impamvu yabikoze)

Umugabo witwa Kofi Kakra , yiyambuye ubuzima kuri uyu wa Gatanu tariki ga 14 Ukwakira 2022 mu muriro w’ amashanyarazi ngo kubefa ibibazo yari afite.

Uyu mushoferi wa bisi w’imyaka 24,yuriye ipoto rifatirwaho umuriro ahitwa Kasoa Galileya. Galileya iherereye nyuma y’imisoro ya Kasoa,mu mujyi wa Accra.Umugabo ngo yiyahuye ku muriro w’amashanyarazi kubera ibibazo by’ubukungu biri muri Ghana.

Bamwe mu babibonye bavuga ko yavuze ko arambiwe ubuzima. uyu mugabo yagaragaye yurira hejuru ku ipoto rinini yihuta cyane mu gihe abahisi n’abagenzi bageragezaga kumubuza arabyanga.

Muri videwo yashyizwe hanze,hagaragayemo imodoka ya Polisi ya Ghana yari ije gutabara kugira ngo ifashe uyu mugabo mbere y’uko ashyira ubuzima bwe mu kaga.Uyu mugabo byarangiye akoze ku ipoto ryarimo umuriro mwinshi w’amashanyarazi ahita aturika.

Related posts