Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
amakuru mashya

NI IMWE MUNZOGA IKUNZWE NA BENSHI, IKOZWE MU MASE , MENYA BYINSHI KURIYO.

Inzoga ikozwe mu mase.

inzoga ni kimwe mubintu bikunzwe n’abatari bake ku isi. usanga ingeri zitandukanye z’abantu banywa inzoga, gusa nibake bashobora kugusobanurira ibyo inzoga bari kunywa ishobora kuba ikozwemo .

mugihugu cy’ubuyapani urwengero rw’inzoga rwa Sankt gallen , rwashyize ku isoko inzoga yitwa KUNO KULO , iyi ninzoga ikozwe mubintu abantu batinya no kuba bavuga bari gufata amafunguro muti ikozwe muki rero? iyi nzoga ikorwa mu mwanda w’inzovu ubwo ni amase yizo nyamaswa , inzovu kugira ngo zitange Aya mase akorwamo iyi nzoga zibanza kororerwa ahantu aheza Aho zigaburirwa ibikomoka ku ikawa , hanyuma umwanda utawe nizo nzovu niwo wifashishwa n’uruganda rwa Sankt gallen mugukora iyo nzoga yakataraboneka .

ubaye ufite amafaranga Ari munsi 50,000 by’amafaranga y’u Rwanda byakugora kuba wakwigondera iyi nzoga

abanywa iyi nzoga bemeza ko Ari mwe munzoga igira uburyohe budasanzwe. Aho bumva uruvangitirane rw’ikawa iba yariwe niyo nzovu mbere Yuko ita amase akorwamo iyo nzoga.

Related posts