Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
amakuru mashya

Ni couple ikunzwe cyane ku isi, Grand p na Yao. iyi couple yihariye kuri byinshi ariko icya 3 nirurangiza.

uyu mugabo uyu munsi ni umwe mubahanzi bakomeye cyane ku mugabane w’Afrika bakorera kandi amafaramga atari make, mbese numwe mu baherwe bakijijwe n’umuziki.

Yitwa Moussa Sandiana kaba yavutse ku itariki 3 Nzeri 1993 avukira mucyaro Sanguina aho ni mugihugu cya Guinnea Conakly , uyu mugabo yavukanye imwe mu ndwara zidakunze kubaho yitwa Purogeria ituma abantu basaza bakiri bato. uyu mugabo yahuye ni nzitizi nyinshi mubuzima bwe, gusa ntibyamubujije kugira inzozi yahoranye impamo. uyu mugabo yagiye agira amahirwe yo kugaragara ahantu henshi kandi hakomeye cyane nko kugaragara mu bitaramo byitangizwa ry’igikombe cya Africa cyabereye mugihugu cya Misiri, yagaragaye kandi mugihe cya matora yabereye mugihugu cye aho yifashishwaga mubukangurambaga

mumwaka wa 2020 nibwo yahuye bwa mbere na Eudoxie yao bahise bapanga gukora ubukwe mu mwaka wa kurikiye wa 2020 , gusa ku itariki 24 Kanama 2021 uyu mukobwa nawe usanzwe ari umunyamideri ukomeye mugihugu cya Cote D’voire yatangaje ko atakiri murukundo na Grand mubutumwa yanyujije kuri Facebook. aho yatangaje ko arambiwe uburyo umugabo we amuca inyuma cyane kandi bikabije .
uyu mugabk uyu munsi abarirwa umutungo wasaga millioni 10 za madolari ya Merika.

Related posts