Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Ndanda wahoze ari umugabo wa Anitha Pendo yavuze amagambo yuzuye amarangamutima k’umwana babyaranye.

Umunyamakuru akaba n’umushyushya rugamba Anitha Pendo yigeze kukanyuzaho mu rukundo n’uwari umukinnyi wa Rayon Sports witwa Nizeyimana Alphonse wamamaye cyane ku izina rya Ndanda ariko kuri ubu bakaba baratandukanye bamaze kubyarana abana babiri.

Kuri ubu uyu mugabo akaba y’ibera iburayi hamwe n’undi mugore yahise ashaka nyuma yo gutandukana na Anitha Pendo, gusa nubwo
Ndanda yanze Anitha Pendo ariko akunda abana babyaranye.

Umugabo w’Ibogari wateye uwi nyuma Anitha Pendo yagaraje ko ntubwo yamutaye agifitiye urukundo umwana babyaranye.

Nizeyimana Alphonse wamamaye cyane ku izina rya Ndanda wanakanyujijeho mu ikipe ya Rayon Sports na AS Kigali nyuma y’uko atandukanye n’umushyushyarugamba Anita Pendo bafitanye abana babiri agashaka undi mugore bagahita bajya kuba ku mugabane w’i Burayi yakoze igikorwa kigaragaza ko akunda abana be ntubwo atabana nabo.

Ndanda abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yifurije umuhungu we Randa Nia Tiran w’imyaka itandatu isabukuru nziza y’amavuko maze arangije agira ati :”Papa aragukunda

Ndanda yakomeje avuga ko nubwo atakibana na mama wabo ariko atazateshuka kunshingano nk’umubyeyi zo kurera ndetse no kwita kubana be.

Kugeza kuri ubu Anitha Pendo ntakintu aratangaza kuri aya magambo yuwahoze ari umugabo dore ko bivugwa ko kuva batandukana batarebana neza.

Related posts