Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

KIGALI:Umukobwa w’ikizungerezi yafashwe asambana n’umu Ex we ngo yaje gutanga akanyuma byavugishije abatari bake kumbuga nkoranya mbaga. (Dore Video).

Mu mujyi wa Kigali umukobwa wimyaka 24 yafashwe asambana na Ex we bahoze bakundana ariko uwo mukobwa akaba yarafitanye ubukwe n’umukunzi we mu cyumweru gitaha maze umusore abura icyo arenzaho.

Birababaje Umukobwa yafashwe asambana Numu EX we bahoze bakundana none Ubukwe Bupfuye Ku munota wa Nyuma Bafatiwe Mu buriri Bambaye ubusa ababafashe bavuga ko basanze basa naba bivuyemo.

Mubyukuri Muri Iyi minsi abantu basigaye bafite imvugo ngo ntamyaka ijana abandi bati Kigali we share, gusa umunyarwanda yaravuze ngo Agapfundikiye gatera amatsiko Ese ni ukubera iki ubusambanyi hagati yabahungu n’abakobwa batarashakana bukomeje kwiyongera?iki ni ikibazo gikomeye abantu benshi bamaze iminsi bibaza.

Wowe uri gusoma inkuru hari amakuru usanzwe uzi cyane cyane ku bakobwa bagiye kubaka kuko Ni kenshi usanga abakobwa bagiye kurongorwa bigamba ko babanje gusezera abahungu babanje mu rukundo mbere yo kurongorwa ngo bajye mu ngo zabo.

kuri uyu munsi umukobwa we ntabwo byagenze neza Kubera ko bamufatiye kwa ex we yaje kumusezera bwanyuma dore ko yarafite ubukwe mucyumweru gitaha.

Nkuko bisobanurwa neza intambara yaje kurota hagati ya ba basore bombi aho bashakaga gufatana mu mashati gusa abaraho bakabakiza banga ko barwana kuko bashoboraga no kwicana.

Birababaje cyane biteye nagahinda kubyabaye kuri aba biteguraga ubukwe ariko Nuko ubukwe bwaje gupfa gutyo umusore yanzuye ko nta bukwe azakorana n’uyu mukobwa yafatiye kwa ex we baryamanye.

Umunyagahinda Christiana niwe wari afitanye ubukwe n’umukunzi we,gusa mu gahinda kenshi yasanze uwo yaramaze iminsi yita umukunzi we ngo bazakorana ubukwe ari gusambana n’uwo bahoze bakunda(EX).

Uwo  musore basanze aryamanye n’umukobwa wari ufite ubukwe ya bwiye imwe muri chaine yo kuri Youtube dukesha iyi nkuru ko we atigeze aryamana nawe ko ahubwo uwo mukobwa yaje murugo nko kubasura bisanzwe bakishima kuko ngo basanzwe baziranye.

Abidusobanurira yagize ati, umukobwa yaje aradusura turamuzimanira hanyuma amasaha akuze umukobwa y’umva fite ubushyuhe, Niko gukenera kujya koga muri Douche, umukobwa yahise abaza isume cyangwa igitenge yakwifashisha ngo akenyere ajye koga bamurangira icyumba yagisangamo aragenda.

Umukobwa ahageze abura isume abura n’igitenge kuko ngo ataramenyereye icyo cy;umba niko guhamagara Ex we mu ijwi rituje ati: ”Nayibuze ngwino uyindebere niko guhaguruka umusore amusanga mucyumba akihagera ngo amuhe isume y’umva Christian umwe ufitanye ubukwe n’uwo mukobwa yaje yahuruje ngo arabafashe’’.

Christian niko kwikubita munzu asanga umukobwa akenyeye igitenge gusa n’umusore yambaye agakabutura gusa hejuru yambaye ubusa ahita avuga ko bahoze basambana.

Mu ijwi rituje ryuzuyemo uburyarya umukobwa yatubwiye ko ntakibi yakoranye n’uwo bahoze bakundana(Ex) ahubwo ko yaraje kumutumira mu bukwe bwe na Christian bwagombaga kuba mu cyumweru gitaha.

Mugahinda kensi n’umujinya Aganira n’itangazamakuru Christian yavuze ko atagifata uyu mukobwa nka Chr we kuko ngo arumva yamuzinutswe ku mpamvu zibyo we yita kumuca inyuma.

Bamwe mu bari  baraho bavuze ko bigoye guhamya neza ko koko uyu mukobwa n’uwo musore baryamanye cyane ko ntacyuma cyabapimye uretse kurebesha amaso gusa bakemeza ibyo batiboneye.

Related posts