Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Amakuru

Isake byarangiye itsinzwe urubanza kubera ikintu yakoze cyatumye benshi barara bakanuye, none ibyo bagiye kuyikorera birababaje

 

Urukiko rwo muri Nigeria rwategetse ko isake ibagwa ku wa gatanu, nyuma yuko abaturanyi batanze ikirego ko ibasakuriza, nkuko amakuru yo mu bitangazamakuru byaho abivuga, Urukiko rwo mu mujyi wa Kano mu majyaruguru y’igihugu rwatangaje ko iyo sake ibangamiye abaturanye na yo kubera kubika kwayo kwa buri kanya, nkuko bitangazwa n’urubuga rw’amakuru Premium Times.

Dore ibimenyetso bigaragaza  umukobwa wahaye ibyawe byose ko azigaye  akuzenguruka,  abahungu benshi barwaye indwara yo mu mutwe

Ibishuko: Bamwe mu bapasiteri , basenga bashaka kugusha mu mutege abakobwa cyangwa abadamu , babitegwa niki?

Uyu mukobwa atandukanye n’ ababandi birirwa baka amafaranga abasore, mu fatirane hakiri kare kuko abasore baramumenaho akavagari k’ amafaranga bamwegukane, usigare uririra mu myotsi

Abaturanyi babiri bavuze ko bibabuza gusinzira, Yusuf Muhammed, umwe muri abo baturanyi bayo, yabwiye urukiko ko kubika ubutaruhuka kw’iyo sake ari uguhonyora uburenganzira bwe bwo gusinzira mu ituze.

Isyaku Shu’aibu yabwiye urukiko ko yaguze iyo sake ayiteganyiriza kuyirya ku wa Gatanu Mutagatifu, asaba ko urukiko rumwihanganira kugeza kuri uwo munsi mutagatifu ku bakristu akazaba ari bwo ayibagira umuryango we.

Umucamanza Halima Wali ku wa kabiri yemeye ubwo busabe, ariko amwihanangiriza ko agomba kuyibuza kugendagenda muri ako gace no kubangamira abahatuye, nkuko bitangazwa n’urubuga rw’amakuru Daily Trust.l, Nyir’iyo sake yanategetswe kuzayibaga ku wa gatanu nkuko yabisezeranyije, bitaba ibyo agahanwa.

Ivomo: BBC

Related posts