Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Politiki

INKURU Y’AKABABARO: Perezida wa Namibia Hage G. Geingob yitabye Imana

Hage G. Geingob wari Perezida wa Namibia yitabye Imana ku myaka 82 y’ amavuko  , azize kanseri yari arimo kuvurwa guhera mu kwezi gushize. Mu bitaro “Lady Pohamba Hospital” biri mu gihugu cye.

Inkuru y’urupfu rwa Hage G. Geingob yamenyekanye  ahagana saa kumi zo mu rukerera, kuri iki Cyumweru tariki ya 4 Gashyantare 2024.

Hage G. Geingob yayoboye Namibia guhera muri Werurwe 2015.

Related posts