Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Igitaramo cya Then ben i Kigali kizitabirwa n’uwishoboye, itike yo kuzinjira isa no kuvugura amateka mu muziki. Inkuru irambuye

Umuhanzi The Ben yatumiwe na East Gold, Sosiyete gutegura imikino y’abakanyujijeho imaze kumenyekana nka ‘Rwanda Re-birth Celebrations’.

Umuhanzi The Ben yatumiwe na East Gold, Sosiyete gutegura imikino y’abakanyujijeho imaze kumenyekana nka ‘Rwanda Re-birth Celebrations’.

Mu gihe, uyu muhanzi yitegura gutaramira muri icyo gitaramo mu Rwanda amatike yigitaramo cye yagiye ku isoko.

Bigaragaza ko abantu umunani bishyize hamwe bishyura ibihumbi 500,000Frw byo kwicara muri VVIP, bakaba bazahabwa Champagne imwe na Liquor.

Uwishyuye 20,000Frw, 10,000Frw n’uwishyuye 5,000Frw bazahabwa imodoka ibageze kuri Canal Olympia ndetse banamufashe gusubira aho yavuye.

Imodoka zizatwara abazitabira iki gitaramo zizahagurukira Kimironko, Remera, Nyabugogo, Nyamirambo, mu mujyi, Kabuga na Ruyenzi.

Amakuru dukesha Igihe “The Ben ategerejwe mu gitaramo kizaba ku wa 6 Kanama 2022 kuri Canal Olympia. Byose byaremejwe igisigaye ni ukubitangaza mu buryo bweruye.”

Nyuma y’imikino ya ‘Rwanda Re-birth Celebrations’ iri guhuza abakanyujijeho mu Rwanda, byitezwe ko hazakurikiraho igitaramo kizaririmbamo The Ben.

The Ben ategerejwe i Kigali ku wa 6 Kanama 2022 mu gihe tariki 30 Nyakanga 2022 azaba yataramiye muri Suède aho yatumiwe mu birori byo gususurutsa Abanyarwanda batuye ku Mugabane w’u Burayi.

Uyu muhanzi yaherukaga gutaramira mu Rwanda mu birori byinjije Abanyarwanda mu mwaka wa 2020, igitaramo cyabereye muri Kigali Arena icyo gihe yari yakubise yuzuye.

Umuhanzi The Ben yatumiwe na East Gold, Sosiyete gutegura imikino y’abakanyujijeho imaze kumenyekana nka ‘Rwanda Re-birth Celebrations’.

Related posts