Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Amakuru

Ghetto z’ abasore zizarikora! Umugabo yiriwe ashaka icyo umugore we n’ abana be barya ubwo yari atahanye ihaho atungurwa no gusanga uwo bashakanye yiviriye gutanga ibyishimo k’ umusore baturanye

 

Mu Karere ka Nyarugenge mu Kagari ka Nyabugogo ,mu Murenge wa Kigali , mu gitondo cyo ku wa Kane tariki ya 19 Ukwakira 2023, nibwo umugabo witwa Bigirimana Jean Claude wari uvuye mu kazi nk’ uko bisanzwe atahanye ihaho atungurwa no gusanga umugore we avuye gusambana n’ umusore baturanye uba muri Ghetto.

Uyu mugabo avuga ko ubwo yari avuye mu kazi akora k’ubukarasi Nyabugogo yatunguwe no kubona umugore bashakanye asohoka mu nzu y’umusore baturanye yambara igitenge agana mu rugo rwe azi ko umwana we avuye ku ishuri.

Bigirimana akomeza avuga ko umugore yahise amukubita amaso atungurwa no gusanga ari umugabo we noneho amubajije aho avuye yambaye igitenge mu mabere ngo abura icyo avuga araruca ararumira.Ku rundi ruhande, uyu mugore ushinjwa guca inyuma umugabo we ahakana aya makuru yivuye inyuma.’Uyu musore ukekwaho gusambanya umugore w’abandi, abihakana yivuye inyuma.

 

Related posts