Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Ubukungu

Ese waruziko Telephone yawe ari isoko y’ubukire butangaje? numara gusoma iyi nkuru ntuzongera gupfusha ubusa telephone yawe!

Muri ikigihe isi igezemo, usanga abantu benshi babangamiwe cyane n’ikibazo cy’ubukene ndetse ugasanga benshi mubiganjemo urubyiruko bahangayikishijwe cyane nuko bakorera amafranga muburyo bwose bwashoboka.Nubwo bimeze gutyo ariko usanga abantu benshi baba bafite nuburyo bwinshi ariko nyamara ugasanga baba batabyitayeho cyangwa se batabizi ko byakora. uyumunsi tugiye kukubwira bumwe muburyo ushobora gukorera akayabo ukoresheje phone yawe.

Mubusanzwe usanga telefone zacu tuzigura kugirango zitworohereze muburyo bwo guhamagara ndetse no kwitaba. ibi byoroshya itumanaho. usibye kuba telefone yakora ibi, hari uburyo bwinshi wayifashisha ukorera n’akayabo k’amafranga maze ugasezera burundu ikibazo cyugarije benshi cy’ubukene. ndabizi ko ufite amatsiko yo kumenya ubu buryo ariko komeza usome iyinkuru uraza kumenya byinshi ndetse n’uburyo butandukanye wakwifashisha ukorera amafranga kandi menshi.

Uburyo bwambere: 1. Kwamamariza abantu ibikorwa byabo: ni ibintu wafata nkibyakugora ariko ni uburyo bworoshye bwo gukorera amafranga ukoresheje terephone yawe. dore uko bikorwa, twese turabizi ko muri telefone habamo ama application atandukanye. uyumunsi tugiye kureba uburyo what’s up izagufasha kuba wakorera akayabo k’amafranga.iyo ushyize ikintu kuri status ya what’up yawe, kirebwa n’abantu batandukanye. muri aba bantu babireba harimo benshi bashobora kugira umumaro ukomeye cyane ndetse bakaba baba isoko y’amafranga. aha ushobora kwibaza uti gute? ibi ni ibintu tuzakwigisha kandi bikakugirira umumaro ukomeye mubuzima ndetse bikagufasha gusezera burundu kukitwa ubukene. icyo usabwa nukugumana natwe ndetse ukajya uba uwambere mugusoma izinkuru tudahwema kubategurira ndetse no kubagezaho.

2. Uburyo bwo guhamagara: Akenshi usanga abantu batandukanye batazi mubyukuri akamaro ka telefone ndetse niyompamvu twaguteguriye iki kiganiro cyacu ndetse tukaba tuzakora ibishoboka byose ariko uzabimenya neza ndetse ukabisobanukirwa. hariho abantu benshi cyane batazi ko nubwo guhamagara bitwara amafranga ariko nyamara ntibamenye ko bishobora kwinjiza andi mafranga kandi menshi. ibi bice bibiri twahisemo kubabwira byuko wakwinjiza amafranga ukoresheje terefone yawe tuzagenda tubisobanura kuburyo umuntu uzabasha kubona ibi biganiro byose azaba afite ubushobozi bwo kuba yakorera akayabo k’akabakaba ibihumbi 30 by’amanyarwanda buri munsi.

Twanditse iyinkuru nko kubateguza iri somo ndetse dusaba buriwese gusangiza mugenzi we iyinkuru nziza. ayamakuru uzagenda uyabona buri gitondo ndetse naburi mugoroba. bizagusaba kujya ukora imyitozo y’ibyo wize kugirango birusheho kukugirira umumaro ndetse no kuguha ibyo wifuza byose. ubaye utari wagura telepfone uyumunsi utwandikire muri Comment kugirango tugufashe kwitegura iri somo uzatangira kwiga guhera ejop rikubiyemo amasomo akomeye cyane.

Related posts