Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Amakuru

DRC Mumurwa mukuru Kinshasa hagaragaye ikindi gihamya ko koko President Felix Antoine Tshisekedi ibyo ashinjwa nabatavuga rumwe nawe aribyo koko! soma iyinkuru urumirwa.

Ifoto yarikoroje kumbuga nkoranyambaga

Benshi mubatavuga rumwe na President Felix Antoine Tshisekedi, bemeza ko uyumugabo ikigihugu cyamaze kumunanira ndetse bakanashimangira ko ntabushobozi bwo kuba yakiyobora agifite kuberako abaturage bakomeje kugenda bitwara nkaho ntabuyobozi bafite kandi nyamara abayobozi bakarebera na President ubwe akicecekera ahubwo nawe agakomeza gukora ibisa naho ari udutendo dutandukanye. ibi rero bikaba ari bimwe mubikomeza gusaza abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’uyumugabo ndetse benshi bakanifuza ko ibi bintu bizakemurwa nuko uyumugabo avuye kubutegetsi cyangwa se abarwanyi ba M23 bakaba batabara bakamuhirika kubutegetsi.

Nyuma yuko rero muminsi ishize, president ubwe agaragaye agenda yambara ikote munzira ubwo yaragiye gusura kamwe muduce tugize uyumurwa mukuru wa Kinshasa, kurubu hagaragaye umugabo waparitse imodoka muri Kaburimbo rwagati maze ajya kwihagarika kunkengero z’umuhnda. ibi byabaye nk’igitangaza kubona umuntu akora ibindu nkibyo, byongeye aho yaparitse imodoka hakaba hatari ahagenewe guparikwa kandi mugihe ibi byose byakorwaga ubuyobozi bukaba bwabireberaga kuko hafi yiwe hari abapolice kandi bakaba ntakintu nakimwe bigeze batangaza kuri ayamakuru.

Nubwo ibibazo byinshi biba hakavugwa mo umuyobozi w’igihugu, nyamara usanga ibi bikorwa byose aribyo bikomeza kugenda byambika isura itari nziza igihugu ndetse bigakomeza no kugenda bigaragaza ko ikigihugu abantu bakora ibyo bashaka. kuba rero abantu bakora ibyo bashaka ni ikimenyetso kigaragaza ko aba baturage badafite ubuyobozi buhamye bushyiraho ingamba zikomeye kandi zigaruka kuri buri kimwe cyane ko nkibi uyumugabo yakoze byambika isurambi igihugu nkuko abatavuga rumwe na leta akomeje kugenda bashengurwa na byo.

Related posts