Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Dore impamvu Miss Muheto aza mu bakobwa bafite ubwiza n’ ikimero bikurura abagabo bo mu Rwanda cyane, AMAFOTO

Buriya kwitwa nyampinga n’ ubwo ari ibintu biharanirwa , ariko hari umuntu uba nyampinga ukabona koko yaba ahagarariye abandi mu bwiza koko , ahanini bitewe n’ uko asa , uko ateye mu gihagararo n’ ikimero cye , yewe kandi utanasize ubwenge kuko nyampinga aba ari umuntu wagirira n’ igihugu akamaro. Ibi rero tubivuze nyuma y’ uko tugiye kugarukaho kuri Nshuti Divine Muheto.

Nshuti Divine Muheto , n’ unwe mu bakobwa bambitswe ikamba abantu benshi bagahamya neza ko yari arikwiriye , dore ko nabagenzi be bandi bahataniraga ikamba rya Miss Rwanda 2022 bari bashoboye , gusa uyu mukobwa na we wari umeze nk’ uwiteguye ko ari buryegukane abahiga atyo yambwikwa ikamba. Hari hashize igihe iri kamba rivugwamo ruswa yaje no gutuma umuyobozi waryo Prince Kid atabwa muri yombi , kugeza ubu akaba akinafungiye i Mageragere azira kwaka aba Miss ruswa y’ igitsina yitwaje icyo yari cyo.Byaramenyekanye ko hari abandi ba Miss uyu musore Prince Kid yari yarigaruriye , ariko ibi biza kumubana birebire kubwa Miss Muheto yaterese amajwi akajya hanze kukarubanda.

Uyu mukobwa iyo ukurikiranye abamureba bakagira icyo bamuvugaho , usanga bose bemeza ko ari mwiza , nkaho ku mafoto ashyira kurukuta rwe rwa instagram abantu bose baba bamugaragariza ko bamukunda kandi ntibahweme no kumubwira ko ari mwiza. Aya rero n’ amwe mu mafoto y’ indobanure agaragaza ubwiza n’ uburanga bya Miss Rwanda 2022 Nshuti Divine Muheto umaze kugenda agaragara mu bikorwa bigiye bitandukanye byo gufasha bigendanye naba Miss , haba aho yijyana cyangwa se aho ajyana na bagenzi be.

Related posts