Burya mu rukundo habamo inzira y’ inzitane ndetse yawe rimwe na rimwe mu rukundo habamo kwishima no kubabara , hari igihe usanga abantu bakundanaga ariko...
Koherereza amagambo meza umukunzi wawe ukoresheje ubutumwa bugufi ni ikintu cy’ingenzi cyane ku buryo utazatekereza no kwicuza mu buzima bwawe. Dore imitoma irenze 10 ubwira...
Ese wigeze uba mu rukundo ariko rudafatika? Ese ujya wibaza niba urukundo rudafatika rubaho? Hari igihe ushobora kuba wibwira ko uri mu rukundo ariko mubyukuri...
Uyu munsi abakunzi ba Kglnews twabateguriye amwe mu mabanga icumi (10) ashobora gutuma umunezero ugaruka mu rukundo rwanyu nk’ uko byahoseho mbere mu gitandira gukundana....
Ntibikunze kubaho cyane kuba waganira n’ umukobwa akakwereka ko yakwihebeye ahubwo asa nk’ ubyirengagiza akajya abikwereka mu marenga no mu bikorwa bimwe na bimwe akora...
Buri mukobwa wese mu ntekerezo ze aba yumva yagira umugabo mwiza umukunda kandi umwishimira ku buryo urugo rwabo rugomba kuba rutemba amata n’ ubuki. Ibi...