Nubwo abantu baba bakundana ku rwego rwo hejuru urukundo rugaragarira buri wese ariko ngo hari utuntu tumwe na tumwe bashobora kubeshyanyaho cyangwa se bakaduhishanya ,...
Mu buzima umuntu wese akenera umuntu umuha urukundo, uko waba umeze kose ukenera ngukunda no gukundwa, ariko urukundo rugiye rutandukaniye ku ntego zarwo. Uyu munsi...
Muri iyi minsi bisigaye bivugwa cyane ko urukundo rwabaye ubucuruzu( Business), ndetse yewe muri iyi minsi bisigaye byarabaye nk’ indirimbo mu bantu benshi ku buryo...