Burya gushaka umukunzi ntabwo ari ibintu biba byoroshye ku mpande zombi( ubwo turavuga umuhungu n’ umukobwa)birashoboka ko uri wenyine imyaka ikaba yaragusize mu buryo bugaragara....
Abakobwa nabo ntabwo bakwiriye kwiyicarira ngo bategereze ko abasore ari bo batera iya mbere bakaza kubasaba urukundo. Burya mu rukundo ni magirirane rero burya biba...
Bamwe bajya bavuga ko igihe uri mu bibazo aribwo koko ubona ko uwo mukundana agukunda koko kandi byuzuye ,ndetse abenshi nicyo gihe bafata umwanzuro wo...
Ni kenshi wibaza niba koko ari wowe wenyine akunda, cyagwa se ugatekereza ko umusore mukundana ashobora kuba agutendeka. “Player” ni ijambo ry’icyongereza rikunda gukoreshwa cyane...
Gutanga no kwakira urukundo bishobora gukorwa mu buryo butandukanye binyuze mu byo abahanga mu rukundo bise indimi 5 z’urukundo ari zo: Amagambo meza, Impano, gufashanya...