Burya kugira inshuti ni byiza pe kuko buriya hari igihe inshuti igufasha mu iterambere. Gusa nanone hari ubundi bwoko bw’ inshuti ugomba kwirinda uko byagenda...
Kuva mu rukundo ni ikintu gikomeye ndetse ni igitekerezo abantu benshi baba bahaye umwanya kuko baba babona batari banyuzwe n’ibyo bahabwa, cyangwa bakabona bishobora kuzabaviramo...
Gusohokana n’umukunzi wawe ni igikorwa cyiza kandi gishimisha. Ni umwanya mwiza wo kuganira ku iterambere n’ahazaza h’urukundo rwanyu. Bibaho kandi ko umusore mukundana mwaba mumaranye...