Iyi ni nayo mpamvu abahanga bavuga ko kubana kw’abashakanye bakundana cyane ari intandaro y’ubuzima bwiza, kuko birinda na zimwe mu ndwara zirimo za diabete ndetse...
Mu rukundo hari byinshi bikorwa ariko bikabanzirizwa n’ imvugo zitandukanye, hari ubwo rero umuntu ashobora kuguha ubutumwa muri iki gihe nyamara we atigeze abumbura umunwa...