Hari bimwe mu bintu abantu bakunze gukora mu rukundo batabizi bikarwangiza ukabona abakundanaga batandukanye kandi mu byukuri ari ibintu byahinduka ubuzima bwabo bukarushaho kuryoha....
Ubusesenguzi bwagaragaje ko hari ibintu abagore bose bakunda ariko batajya basaba abagabo babo, Ibi bintu abagore hafi ya bose babihuriyeho kandi ntibajya babisaba kabone n’iyo...
Amagambo meza niyo yuhira urukundo, rugatumbagira kandi rugatohagira burya abanyarwanda bavuga ko amagambo meza arema ,imitoma ni intwaro nziza mu kwigarurira umutima wuwo wihebeye...
Kubwira umukunzi wawe amagambo meza y’urukundo ni ikintu cyiza nawe ubwe aba ategereje kuri wowe. Iyo atakibonye niho uzasanga avuga ngo nta mukunzi agira...