Kuba umuntu agukunda ni kimwe no kuba yarushaho kukwiyumvamo ni ikindi. Usanga abantu iyo bamaze kujya mu rukundo cyangwa gushakana badakomeza kwita ku byatuma urukundo...
Hari amakosa abantu basuzugura rimwe na rimwe batanazi ko ari amakosa nyamara akaba yatuma batakaza umukunzi ,kubera utwo tuntu duto batahaye umwanya uhagije wo kutwitaho...
Umukobwa utereta ushobora kuba ubona ari umwana mwiza, atuje, ndetse biryoshye kuba impande ze nyamara ushobora gusanga hari ibimenyetso byerekana ko atandukanye n’uwo ari we...
Iki ni ikibazo gikunda kubangamira abasore benshi mu gutereta no kureshya abakobwa ni ukuba umufuka wabo udahagaze neza, Kuba ikofi y’umusore itarangwamo inoti zifatika,...
Niba uri murukundo cyangwa se ufite umukunzi ariko ukabona bitagenda neza, bitewe n’uburyo mwari mubanye mukimenyana. Hari ibintu bimwe na bimwe byagufasha kumenya ko umukunzi...