Urukundo nyarwo rugira uburyo ruba nk’impano. Iyo urimo, wumva umeze nk’uwabonye umutekano wo mu mutima, amahoro yo mu bitekerezo, ndetse n’umunezero urenze. Ariko se bigenda...
Hari ubwo abantu bamwe babaho bumva ko isi yose ibareba, bumva ko abandi bababera urumuri, ko ari bo rukumbi bashoboye. Ni abantu benshi bita abiyemera—cyangwa...