Bibaho ko ubana n’umuntu mwemeranya ko mukundana ndetse na we ubibona koko, ariko hari ubwo akubwira ko agukunda by’amagambo gusa, wagenzura ibikorwa bye ugasanga bifite...
Ntibikunze kubaho kuba waganira n’umukobwa akakwereka ko yakwihebeye ahubwo asa nk’ubyirengagiza akajya abikwereka mu marenga no mu bikorwa bimwe na bimwe akora agakora uko ashoboye...
Umuntu aravuka agakura ariko igihe kikagera na we akava iwabo akajya gushinga urwe, ku miryango biba ari ibyishimo kuko aba ari amahirwe yo kuyagura, bityo...
Kwikinisha ni umuco abenshi bakunze kugarukaho bemeza ko atari mwiza na busa, gusa kimwe mu bitungurana mu bushakashatsi butandukanye bigenda bigaragara ko abantu bikinisha umubare...