Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y’ abagore bari gutaka ikibazo kibangamiye imikurire y’ abana babo mu gihe kugira ngo umubyeyi wo muri iki gihugu...
Abantu benshi bagirwa inama yo kwihagarika nyuma y’ akabariro mubrwegk rwo kwirinda kurwara za infection ariko hari n’ ikindi cy’ uko umunti urangijr iki gikorwa...
Urupfu rw’ uyu mugabo rwamenyekanye ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 29 Gicurasi 2022, ubwo umugore we yavaga kugura ibirungo byo kwifashisha mu kurunga...
Abantu batandukanye bakomeje kugaragaza ibyiyumviro byabo ku ifoto yakwirakwiye kuri interineti, bivugwa ko ari iyo mu rusengero rwo mu gihugu cya Brazil aho Pasiteri yategetse...
Iyi ni kinkuru ishingiye kuri Francie wahuye nibibazo bikomeye nyuma yaho abyaye umwana we akamara imyaka 23 akimeze nkuko yavutse. Mu byukuri Ubuzima ni kimwe...
Kuri iyi si hari abantu baseka bigengesereye ndetse badashaka kugaragaza amenyo yabo kubera uko asa, nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru Healthline, ni uko abantu benshi ku isi...
Muri iki gitondo habyutse havugwa inkuru iteye agahinda y’umukobwa ubayeho mu buzima bubabaje cyane. Mu murenge wa Karengera Akarere Ka nyamasheke mu ntara y’uburengerazuba Hari...