Inzu ya Donald Trump wahoze ayobora igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika yinjiwemo n’abashinzwe umutekano ba FBI. Biravugwa ko aba bakozi ba FBI bagiye...
Kuwa 4 Kanama 2022 nibwo ibiro ntaramakuru bya Reuters na AFP byatangaje ko bifite kopi ya raporo y’impuguke za UN y’amapaji 131 igaragaza ibimenyetso simusiga...
Munyakazi Sadate wahoze ayobora Rayon Sport yagaragaje ko atishimiye umuyobozi wo ku rwego rwo hejuru muri Leta zunze ubumwe za Amerika umunyamabanga wa Leta Anthony...
Nyuma y’uko hagaragaye raporo ya UN ishinja u Rwanda gutera inkunga umutwe wa M23, umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Congo Martin Fayulu yasabye Leta...
Paul Rusesabagina ufungiye mu Rwanda aho yakatiwe n’inkiko igifungo cy’imyaka 25 nyuma yo kumuhamya ibyaha by’iterabwoba byahitanye abantu bikanangiza ibintu mu duce twegereye ishyamba rya...
Mu duce tugera kuri dutanu two muri teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo habereye imirwano ikaze hagati...
Carine Kanimba umukobwa wa Paul Rusesabagina ku munsi w’ejo tariki 27 Nyakanga 2022 yagaragaye imbere ya Congress ya Amerika ayisobanurira uburyo u Rwanda rumuneka rukoresheje...
Umugabo witwa Muhire James wo mu Karere ka Gasabo yamaze kwigaragaza nk’umukandida wa mbere wifuza kuxahangana na Paul Kagame mu matora ya Perezida wa Repubulika...
Nyuma y’ukwezi kurengaho iminsi 10 ni ukuvuga iminsi 40 M23 yigaruriye umugi wa Bunagana uri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku mupaka...