Umuhanzi Nsengiyumva François wamamaye nka Igisupusupu mu ndirimbo zirimo ‘Rwagitima’, yatangaje ko bigoye (muri we) kwibagirwa umukecuru yahingiye (guhinga) mu murima ari kumwe n’umugore we...
Umuraperi Papa Cyangwe yariye karungu nyuma y’aho mugenzi we Kivumbi King amukoze mujisho akuvuga ko nta muntu ukwiye kubagereranya.Byatangiye ubwo umwe mu bakoresha Twitter yagereranyaga...
Nyuma yo kwambikwa impeta no gukorerwa ibirori bya Bridal Shower, Umunyamakuru wa Kiss FM, Cyuzuzo Jeanne d’Arc yasabwe anakobwa n’umukunzi we Thierry Eric Niyigaba bamaze...
Umuziki nyarwanda ukomeje gutera imbere mu ngeri zose, kuva ku bahanzi, ku bawutunganya(Producers) kuburyo bwo kuwamamaza kugeza ku kuwucuruza byose bigaragara ko bigenda bitera imbere....
Umuhanzi w’Umunyarwanda, Kavange Sabin, ubarizwa mu Bufaransa yashyize hanze indirimbo nshya yise “Plus Doux”. Muri iyi ndirimbo nshya ya Kavange uri mu bakomeje kwigarura imitima...
“Wihitamo Kuzima” (Don’t Choose Extinction) ni bwo butumwa robo y’inyamaswa zitakibaho ku Isi yitwa Dinosaur yiswe Franki the Dino ikwirakwiza mu bice bitandukanye, mu rwego...