Rockoque man ni umuraperi wumunyarwanda ukomeje gucibintu muri muzika nyarwanda by’umwihariko mugusata cya hip hop. dore ko ariyo njyana yisangamo cyane kurusha izindi. Nyuma yo...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Ugushyingo 2022, Radio Isango Star yamaze gutangaza abahanzi bazitabira irushanwa rya ‘Isango na Musika Awards’. Kuri uru rotonde...
Abanyamakuru bakomeye ku Isibo TV, Bianca Baby na Mc Buryohe bagaragaye bari kubyina indirimbo igezweho muri Afurika, aho bayibyinaga mu buryo budasanzwe bwashimishije abafana baba...