Benshi bari kwibaza iki kibazo, Kylian Mbappé yagaragaye i Madrid, ese yaba agiye gusinya mu ikipe y’inzozi ze?. Mbappé yagaragaye mu mugi wa Madrid ari...
Rutahizamu wa Police FC, Hakizimana Muhadjiri akomeje kuvugwa cyane ko yaba yaramaze kumvikana nikipe ya Rayon sports kuba yayikinira umwaka utaha. Izina Hakizimana Muhadjiri ni...
Ikipe ya Gisagara Volleyball irimo kubarizwa mu gihugu cya Tunisia mu mujyi wa Kelibia yatangiye neza itsinda ikipe yo muri Cameroon yitwa Port de Douala....
Perezida wa Rayon Sports Uwayezu Jean Fidele ari mu ruzinduko rwa kazi mu karere ka Ruhango, mu rwego rwo gukomeza gushakisha abaterankunga b’ikipe ya Rayon...
Abakurikira umupira wo mu Bwongereza tumenyereye kubona Harry kane ukinira Spurs atsinda ibitego nka rutahizamu, ariko se waruziko yigeze gukina nk’umunyezamu? Hari muri 2014 mu...
Ku mugoroba w’uyu munsi nubwo ikipe ya Real Madrid yahanaga yihanukiriye ikipe ya Manchester City ku bitego bitatu kuri kimwe byabonetse mu mukino wo kwishyura...
Umutoza w’ikipe ya Marines FC, Yves Rwasamanzi Yaciye Impaka Imbere Y’itangazamakuru aribwiza inani na rimwe. Uyu mutoza wa Marine FC mu ijmabo rye yavuze ko...