Amashuri abantu biga uko agenda arutanwa ni nako ibyo abantu bitega ku bayasohokamo biba bitandukanye. Ni muri urwo rwego bitewe n’impamyabumenyi (diploma/certificate) ufite hari ibyo...
Hari imvugo y’Abanyarwanda ivuga ko umuntu uko angana kose ahora ari umwana imbere y’ababyeyi be, kugira imyaka 18 bisa n’ibidahagije kugirango umuntu abe yakifatira ibyemezo...
Mu gihugu cya Kenya hagaragaye amafoto y’umugore bivugwa ko ari Umushinwakazi, yari ku muhanda asabiriza amafaranga ngo abone uko agura itike y’indege imusubiza iwabo mu...
Hari umwarimu udasanzwe wo ku ishuri rya Asorkore Mampong Municipality mu gace ka Ashanti ko muri Ghana, yateye inda umuyobozi w’ishuri abanyeshuri 24 ndetse n’abandi...
Umugabo witwa Niyi Adeyemo arembeye mu bitaro, ni nyuma yo gukubitwa bikomeye n’umugore yishakiye akamugira intere, icyo amuhora ngo ni uko uyu mugabo yanze gusinya...
Mu gihe ibyihebe bikomeje kugenda byongera ibitero byabo ku isi hose cyane cyane ku mugabane wa Afurika, ibihugu by’uburengerezuba bwa Afurika niho higanje iki kibazo...