Umugore usanzwe ufite abana babiri, ejo hashize ku Cyumweru tariki ya 02 Ukwakira 2022, yaguwe gitumo n’ abaturage bo mu Murenge wa Gisenyi mu Karere...
Benshi mubatavuga rumwe na President Felix Antoine Tshisekedi, bemeza ko uyumugabo ikigihugu cyamaze kumunanira ndetse bakanashimangira ko ntabushobozi bwo kuba yakiyobora agifite kuberako abaturage bakomeje...
Uwahoze ari Kapiteni mu gisirikari nyuma akaba Pasiteri akurikiranyweho ubufatanyacyaha mu bujura bwabereye mu mudugudu wa Aka’a Esse, mu majyepfo ya Cameroon. Ibitangazamakuru byatangaje ko...
Abarwanyi ba M23 nyuma yuko batangiye kugenda bumva ko hari amakuru avuga ko igihugu cya repuburika iharanira demokarasi ya Congo cyaba kigiye kwakira ingabo ziza...
Abarwanyi ba M23 nyuma yuko bigaruriye uduce dutandukanye twa Repuburika iharanira demokarasi ya Congo ndetse aba barwanyi bakaba baherutse no gutangira kugenda bashyiraho abayobozi batandukanye,...