Kuri uyu mugoroba wo kuwa 4 tariki ya 9 Werurwe 2023, Abantu barindwi baraye bishwe bikekwa ko barasiwe mu gitero cyabibasiye ku rusengero rw’abahamya ba...
Ku wa Gatatu tariki ya 8 Werurwe mu masaha y’umugoroba, nibwo Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Bugesera, yafatiye mu kabari umugabo w’imyaka 37 akekwaho...
Umubare w’abantu barenga makumyabiri nibo banyweye amata muri Restaurant imwe mu zikorera mu mugi wa Ruhango bose uko bakabaye bashirira mu bitaro nta numwe uvuyemo....
Mu Karere ka Nyarugenge mu Kagari ka Kimisagara haravugwa inkuru iteye agahinda aho umugabo witwa Sebanani Eric ariko uzwi cyane ku kazina ka Kazungu,...