Mu mpera z’icyumweru gishize, ni bwo Umunyamabanga Uhoraho muri MINAGRI, Dr. Olivier Kamana, yasabye abagabura inyama ku mashuri kujya bibuka ko inyama y’ingurube na yo yakwifashishwa...
Aba baturage bo mu karere ka Musanze, bavuga ko ubwo hakorwaga urugomero rw’amashanyarazi rwa Mukungwa ya Kabiri, ngo hari imitungo yabo yagiye yangizwa...
Ikamyo ya Bralirwa yerekezaga mu Mujyi wa Kigali yakoze impanuka ikomeye babiri bajyanwa mu bitaro igitaraganya , yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya...