Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Burna Boy yihenuye kuri Wizkid na Davido abereka ko basigaye arabo ku izina gusa.

Nikenshi cyane uzasanga abahanzi bazamuka ndetse bikanabahira bakarenga abo basanze mumuziki, ningero nyinshi wabona dore ko abahanzi bazamuka burimunsi ndetse abandi bakazima.
Umuhanzi umaze guhirwa n’umuziki Damini  Ogulu Ebunoluwa wamamaye cyane ku mazina ya Burna Boy, yabwije ukuri abahanzi bakomeye muri Nigeria ndetse anabihenuraho cyane.

Mumagambo ye yagize ati sinkeneye guhangana na Wizkid na Davido kuko namaze kubarenga ahubwo igisigaye nibicare bambere abafana kuko nange namaze imyaka irindwi mbareba kuri televiziyo nd’umufana wabo.
,,=?n b(

Burna Boy yavuzeko ko atagikeneye guhangana n’aba bahanzi kuko yamaze kugera kurwego rwabo ndetse aranabarenga.

Mu kiganiro Burna Boy yagiranye n’urubuga rwa Grammy Awards Online yahamijeko yamaze imyaka 7 areba Davido na Wizkid kuri televiziyo atazi niba azigera agera kurwego bariho.

Burn yagize ati “Ni igihe cyange cyo kumurika itara ryange ryaratse, ibihe bya Davido na Wizkid byararangiye, ntakamaro bagifite nategereje imyaka irindwi mbareba kuri televiziyo.

Yakomeje agira ati “Najyaga mbona Davido na Wizkid bajya mu bwongereza nkabajya iwabo, icyo gihe nibazaga uko nzabona itike ijyanayo kuko ntabushobozi narimfite bwo kuva muri Nigeria uretse no kuva kumugabane wange.

Burna Boy amaze iminsi ashyize hanze albumu ya karirindwi yise “‘I Told Them” iyi album yahise ikora amateka adasanzwe iba album yambere y’umuhanzi w’umunyafurika ibaye iyambere mu Bwongereza.

“I Told Them” yagiye hanze ku wa 25 Kanama 2023 bigizwemo uruhare n’inzu zikomeye mugutunganya umuziki.

Related posts