Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Barajyahe noneho ko Frank Stain yaje!! Azanye indirimbo yomora ibikomere k’ umitima y’ abenshi.

Abahanga mu by’ubuzima bemeza ko umuziki arikimwe mu bintu byibanze bishobora gutuma ubuzima bwa muntu burushaho kumera neza , ahanini biturutse k’ubutumwa iyo miziki iba ibumbatiye ndetse bemeza ko ni jyana nayo ubwayo ishobora kubera uyumva umuti nagereranywa.

Umuhanzi Frank STAIN yiyemeje gukoresha impano yo kuririmba mukomora ibikomere biri kumitima yabenshi, ibi yabigaragarije mu ndirimbo agiye gushyira hanze yitwa “BIZAZA” ishishikariza abantu gukomeza kw’igirira Ikizere cy’ubuzima.

Mungire Inama: Umusore twahuriye mu bukwe twarishimanye birangira turyamanye munezeza birenze uko yabishakaga none yanteje bagenzi be.

Ikinyamakuru KGLNEWS.COM cyavuganye, nuhagarariye inyungu z’uyumuhanzi, bwana Bishop atangaza byinshi kuruyu muhanzi, mumagambo uyu mugabo uhagarariye inyungu za FRANK Stain yagize Ati,” igitekerezo cyo kugira ngo dusohore iyi ndirimbo “BIZAZA” twarebye, kumibereho y’abantu muriki gihe dusanga hari umubare munini w’abantu bakwiye guhumurizwa kubera kuba mubuzima butaboroheye”.

Iyi ni indirimbo yakozwe na Kina beat munzu itunganya umuziki ya Coffee sound music

Amashuhso y’ iyi ndirimbo arimo gukorwa n’umwe mubazobereye mukuyafata uzwi kwizina rya Prince blir.

Bishop akomeza avuga ko abakunzi b’ uyu muhanzi bagomba kumushyigikira kuko indirimbo igiye kujya hanze vubaha bidatinze.

Dore indirimbo aherutse gushyira hanze Frank Stain

Bishop Manager urebera inyungu z’ umuhanzi Frank Stain

Inkuru yanditswe na AMANI JACKSON.

Related posts