Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Amakuru

Bafashwe basambana bahita bategekwa igihano gikomeye.

Nigeria haravugwa inkuru y’ umugabo n’ umugore bombi amazina yabo atigezwe atangazwa bafashwe basambanira muri Hotel, ubundi bahita bategekwa gukomeza kubikora.

Uyu mugore utwite n’ umugabo utari we bafatiwe muri Hotel basambaniramo babategeka gukomeza gusambana babahagaze hejuru.

Ubwo umugabo w’ isezerano yafataga umugore we yahise amutegeka gukomeza gusambana n’ uwo mugabo utatangajwe amazina.

bahise bategekwa gukomeza icyo gikorwa barimo bakora

Aya mashusho yashyize hanze n’ umugabo witwa Khanya Msika yavuze ko aba bombi baguwe gitumo baryamanye muri Hotel nyuma y’ uko umugore yari yabeshye umugabo we ko agiye kwisuzumisha ku bitaro umutware we ntamenye ko yagiye gushimisha n’ undi mugabo.

Uyu watanze aya makuru yasoje avuga ko aba bombi bafatiwe mu cyaha bakomeje igikorwa cyo gutera akabariro kugera ubwo bahise bafatwa bajyanwa kuri Police kugira ngo bige kuri dosiye yabo.

Ngo umugabo yari afite uburakari bwinshi cyane ku buryo wabonaga ko ashobora guhitana umugore we wamuciye inyuma.

Related posts