Benshi bumva ko gukundana ari ibintu byizana abandi bakabifata ukundi bitewe n’ibirushya bagiye bahuriramo na byo. Rimwe mu rukundo hari igihe biba ngomba...
Mu Karere ka Kamonyi haravugwa inkuru yatunguye benshi nyuma y’ uko habonywe isanduku yuzuyeho ibyondo inyuma, ariko imbere yuzuye Amasasu agera mu ijana(100). Iyi sanduku...
Mu Karere ka Nyamasheke , uwitwa Hagabimfura Sylvère yituye hasi ahita apfa, birakekwa ko yazize indwara zitandura amaranye iminsi,Byabereye mu Ntumba, Akagari ka Kaduha,...
Mu karere ka Rulindo, haravugwa amakuru yo guhagarikwa ku kazi by’agateganyo kw’abagitifu b’imirenge n’utugari, aho kugeza ubu hamaze guhagarikwa ba gitifu bane (4). Ni...
Mu Karere ka Nyaza haravugwa inkuru y’Umusaza witwa Habimana Déogratias ufite imyaka 80 wo mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Rwabicuma, umukingo wagwiriye inzu...