Barafinda yavuze ko naba umukuru w’ i gihugu cy’ u Rwanda azahereza abashomeri bose amafaranga ayakuye ahantu benshi bagize urujijo
Barafinda Sekikubo Fred wamenyekanye cyane mu Rwanda ubwo yashakaga kwiyamamariza Umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu mwaka wa 2017, yatangaje ko natorerwa kuba Perezida w’u Rwanda...