Ese wari uzi impamvu hari umukobwa muhura akarigata iminwa amazi akuzura akanwa imwinwa akayirumagura? Dore ikintu aba ashaka kukubwira ntuzabe umwana wa musore we
Hari amarenga menshi abantu babwiraga bamwe bakayumva ariko abandi ntibabashe gutahura icyo bisobanuye. Uku ninako abagabo n’abasore benshi bamaze imyaka bibaza icyo bisobanuye...