Abashakashatsi ku mitekerereze ya muntu bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bagaragaje ko abagabo banyoye inzoga batita ku isura y’umugore ahubwo bamara umwanya munini...
Guhagarara k’umutima (heart attack cg se myocardial infarction), bibaho mu gihe amaraso yajyaga mu mutima yifunze. Ni ha handi ubona umuntu wajyendaga neza, cg se...
Kubana n’abandi neza ni ibintu by’igiciro ariko binanira benshi. Ibi biterwa n’imibereho ya muntu cyangwa aho yakuriye, hari n’ubwo biterwa no kubura ubujyanama. Kugira ngo...
Mu kagari ka Karenge murenge wa Bukure ho mu karere ka Gicumbi hakomeje kuvugwa ikibazo cy’ubujura bukabije bukaba bukomeje guteza ibibazo mu baturage bahatuye. Abaturage...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Kanama 2023 mu murenge wa Kanyinya mu karere ka Nyarugenge nibwo hagaragaye umugore wari ugiye kwiyahura gusa akarohorwa...