Umwanditsi : Nshimiyimana Francois
Perezida Kagame yongeye kugira Dr Ngirente Edouard Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda
Nyakubahwa Perezida Paul Kagame,kuri uyu wa Kabiri, tariki 13 Kanama 2024, yongeye kugirira icyizere Dr Ngirente Edouard amugira Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda. Perezida Kagame yagize...
Ni iki umukobwa ugiye kugumirwa yakora akabona umugabo yifuza?
Ubusanzwe mu muco nyarwanda iyo umukobwa agize cyangwa arengeje imyaka 30 atarabona umubaza izina,ngo abe yamurongora amugire umugore,bitangira kuba igisebo kuriwe. Muri iyi nkuru tugiye...
“Imana inganiriza buri munsi kandi ibyo inshyira ku mutima mba ngomba kubigeza ku bantu” umuhanzi Enock yashyize hanze indirimbo nshya
Umuhanzi Enock Nizeyimana, uri kubaka izina mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yashyize hanze indirimbo ye nshya yitwa “ICUMBI”. Ni indirimbo ivuga...
Igitaramo ‘I Nyanza Twataramye’ gihamiriza Abanyarwanda ko umuco utazacika
Mu Rukari mu Karere ka Nyanza habereye Igitaramo Ndangamuco Nyarwanda cyitwa “ I Nyanza Twataramye” cyabimburiwe n’ibirori byo kwizihiza Umunsi w’Umuganura, mu ijoro ryo...
Byinshi ku ndwara y’ubushita bw’inkende yageze mu Rwanda n’uko wakwirinda kuyandura
Nyuma y’uko Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), gitangaje ko indwara y’Ubushita bw’Inkende izwi nka Monkeypox, yamaze kugera mu Rwanda, ni ingenzi cyane ko buri Munyarwanda...
Abagore bakora imibonano rimwe gusa mu kwezi baba bafite ibyago byo gupfa imburagihe
Ubushakashatsi bushya bwakorewe ku bagore bari hagati y’imyaka 20 na 70 bwerekanye ko abagore babona imibonano mpuzabitsina rimwe mu kwezi cyangwa munsi yaho baba bafite...
Huye: Kaminuza ya PIASS yashyikirije ku mugaragaro inzu yubakiye umuturage warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 utishoboye.
Mu Karere ka Huye, mu Murenge wa Tumba, Akagali ka Rango B, umudugudu wa Byimana, umukecuru arashimira cyane Kaminuza ya PIASS ndetse n’umuryango...
Dore ikintu kibi kurusha ibindi umuntu ashobora guhurira nacyo mu rukundo
Urukundo ruraryoha, benshi bifuza kurubona no kuruhabwa kandi umuntu wese ashobora gukunda gusa n’ubwo rugira ibyiza byinshi rushobora no kugira ibibi nyamara abantu benshi usanga...
Huye: PIASS yatanze impamyabumenyi kuri 465 basoje amasomo, ibibutsa ko inshingano zabo ziyongereye
Mu Karere ka Huye abanyeshuri bagera kuri 465 bigaga mu ishuri rya PIASS mu mashami atandukanye, bahawe impamyabumenyi zabo mu gikorwa kitabiriwe n’umuyobozi w’Akarere ka...