Umusore yasanze umukunzi we arimo kumuca inyuma ibyo yahise akora byababaje benshi!

 

Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y’ Umusore wataye Umutwe nyuma yo kubona amashusho umukobwa bakundana arimo kumuca inyuma.

Amakuru avuga ko D.Lawlence w’ imyaka 28 yakiriye Umusore wari uje kugisha inama nyuma gutahura ko umukunzi we amuca inyuma.

Amakuru akomeza avuga ko Mr. Allan Lawrence ni umujyanama mu byimibanire yaminuje mu birebana n’ ubwanditsi ndetse ni ubuzima bwo mu mutwe. Yashinze company yitwa’ The Love Banquet’ igira inama abasore n’ nkumi babona urukundo rwabo rudahagaze neza nk’ uko babyifuza.

Ubwo rero yari mu kazi bisanzwe ni bwo yakiye undi musore waje amugisha inama nyuma yo kwerekwa video umukunzi we amuca inyuma. Ubwo Lawrence yaganiraga n’ ikinyamakuru kitwa Tuko yaboneyeho gutanga inama rusange ku bantu basigaye babuzwa amahwemo n’inkundi zi ikigihe.

Yatangiye avuga ko igihe cyose ubonye, utahuye cyangwa ukaza kwerekwa ibimenyetso bigaragaza ko umukunzi wawe yaguciye inyuma ugomba kubanza kwitonda ndetse biba byiza ugenzuye umujinya wawe ndetse ukaba uretse guhubagurika. Mu gihe umenye ko ari mugenzi wawe byabayeho biba byiza kumuba hafi ndetse byaba na ngombwa ukamushakira umujyanama wabyigiye cyangwa mugashaka umuhanga mu mubanire n’ abantu cyangwa ubuzima bwo mu mutwe.

Biba byiza iyo wirinze guhita ugira umwanzuro ukomeye ufata ukirakaye kuko nyuma iyo ucururutse birangira wicujije ndetse umutimanama wawe ukagucira urubanza. Icyiza kurusha izindi ni ukwiyitaho ugakora siporo ndetse ukarya indyo yuzuye.

Related posts

Umwarimu wo muri Kaminuza yagiriye irari abanyeshuri bane bose abatera inda.

Ntabwo bizoroha! Umugore kubera kutaryoherwa yagize umujinya akata ibintu by’ umugabo we biranagana

Ngo yumvaga ari we uryoshye! Pasiteri byamukomeranye nyuma yo gusambanya umwana w’ imyaka 4.