Umusaza w’ imyaka 70 yapfuye ashaka kwemeza abakobwa babiri b’ abanyeshuri.

Umusaza w’ imyaka 70 yapfuye ashaka kwemeza abakobwa babiri b’ abanyeshuri.

Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y’ umusaza w’ imyaka 70 y’ amavuko yashizemo umwuka ubwo yashakaga kwemeza abakobwa babiri b’ abanyeshuri bo muyisumbuye bigize abaslay queen.Uyu musaza wapfuye yitwa Collins Iheanachonwo

Bivugwa ko uyu Nyakwigendera mbere y’ urupfu rwe ngo yari afite akamenyero n’ ingeso yo kuryamana n’ abakobwa b’ abangavu cyane.

Nk’ uko amakuru abivuga ngo aba bakobwa bombi , biga mu mashuri yisumbuye , bubahirije ubutumire bw’ umusaza bwo guhura na we ariko bombi ntawe wari uzi ko arahurirayo n’ undi maze bisanga bombi muri Hoteri.

Igihe yari mu buriri hamwe n’ abakobwa bombi , batangiye kugirana ibihe byiza ndetse batera akabariro.

Uyu musaza ubwo yari arangije kuryamana n’ umwe muri aba bakobwa yatangiye kubura umwuka kugeza apfuye.

Umusaza w’imyaka 70 wo mu gihugu cya Nigeria uzwi ku izina rya Collins Iheanachonwo yaguye mu matako y’abakobwa babiri b’abanyeshuri bo muyisumbuye bigize abaslay queen ashaka kubemeza.

Aba bakobwa bato babonye ibibaye bahise bahunga ariko baza gufatwa na Polisi yo muri kiriya gihugu aho bahise batabwa muri yombi, kugira ngo habanzwe hakorerwe iperereza kuri uwo rupfu rw’ umusaza.

Related posts

Ngo ntabwo barya! Umugore wa Kabila yanenze abasirikare ba Congo kubaga Inka ze none bakarenzaho no kuzirira mu rwuri rwe!

Nyuma y’uko leta ya Congo yanze gushyira mu gikorwa ibyo yaganiriye na M23, aba barwanyi bongeye kwigarurira Walikare

Ingabo za Congo zashatse guhengera Abanyamulenge mu munsi mukuru wa Pasika nabo basanga bari maso, babereka ko batojwe