Umukobwa wese ufite iminwa yo hejuru ibyimbye abayihariye mu gikorwa cyo mu buriri!

 

Umuhanga mu by’imitekerereze ya muntu ndetse n’imyororokere Stuart Brody yakoze ubushakashatsi ku bijyanye n’abagore ndetse n’abakobwa bafite aho umunwa wo hejuru uhurira(up lip) habyimbye ngo bagira banga ryihariye mu gikorwa cyo gutera akabariro.

Ubu bushakashatsi, nyuma yo kubukorera ku bagore 258 bafite imyaka iri hagati ya 27, Brody yemeje ko iyi miterere y’iminwa ifitanye isano n’umunezero wihariye mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Brody yahamije ko umugore cyangwa se umukobwa ufite ubu bwoko bw’iminwa, mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina, arangiza mu gihe gikwiye ndetse kandi ngo aba bakobwa bakunze kugira amavangingo.

 

Related posts

Iyi nkuru ireba abari hejuru y’imyaka 18: Ese ubundi umuntu adakoze imibonano  byamutwara iki?Sobanukirwa

Urugutegereje niba hari uwo wakunze ukamwimariramo wese

Ubwoko bw’inkundo ukwiye kwirinda mu buzima bwawe